Ubuzima hano hanze burahenze cyane,ibiciro ku masoko byarazamutse, imisoro irihejuru cyane Nyamara aho abantu bakura ntihiyongereye cg ngo umushahara wiyongere, ibi Bibiliya ibivuga cyane ko mu minsi y’imperuka hazabo ibihe biruhije abagenzi bajya mu ijuru.
Ibi nibindi byinshi ntavuze harimo ubukene bukabije,uburwayi bumaze igihe,agahinda utazi aho gaturutse urushako rubi,gutinda gusubizwa n’ibindi byinshi. Bitumye abantu benshi batekereza ko Imana yabibagiwe bamwe bacitse intege abandi barihembye ndetse cyane kuko nta gisubizo bafite,
Mfite inkuru nziza kuri wowe, nubwo ibyo bihari nubwo bikomeye kandi biruhije,wibwiye ko Imana yari iyakera ubu yakuretse ariko igitondo kimwe ibihe urimo ninkibyo Abisirayeli barimo muri Egypt, maze Uwiteka Imana yumva umuniho wabo, yibuka isezerano ryayo yasezeranye na Aburahamu na Isaka na Yakobo.
And God heard their groaning, and God remembered his covenant with Abraham, with Isaac, and with Jacob. Imana ireba Abisirayeli, imenya uko bameze. And God looked upon the children of Israel, and God had respect unto them. Kuva 2:24 hallelujah
Ndavugana n’umutima wawe nti Imana irimo ireba ibihe ucamo kandi izi uko umeze niyo mpamvu impaye iri jambo ngo nkubwire ngo Imana irakwibuka,ntiyakuretse kandi mtiyakwibagiwe, ahubwo isaha yayo ntiragera. Komeza kwihangana komera urugamba iyo RUKOMEYE ruba rugiye kurangira nubwo nta gisubizo ufite ubu ariko Uwiteka afite ibisubizo byose kubibazo ufite amen
Birashoboka ko warucitse intege kandi Wumva wanabivamo ukagwa ariko Ambara imbaraga kuko Uwiteka agiye gukora ikintu gishya kandi icyo cyizatuma aho ubona ko byanze ari amarira uhagirira ibitwenge.
Imana yazuye umwana wayayiro iracyari kungoma izazura ibyawe.iyakijije wa mugore warumaze imyaka 12 imugongo! Nawe yiteguye kugukiza..navuga gutya ukavuga ngo abo ni abakure Iyakuye Irene Ruhogo mu biyobyabwenge acuruza urumogi uyu munsi aka akubwira imbaraga z’Imana nawe yagukurira abana incuti mubyaha, umva neza nawe yagukura muri ibyo bibaho bikuruhije umutima ahubwo uracyafite kwizera!.
Mana Ishobora byose wowe wavuze ngo ndi Ndiho nzi ko uhoraho iteka ryose kandi umenya itangiriro ukamenya nihereze nkweretse Mwenedata usomye iri jambo asoma iri sengesho ongera kwizera muri we kandi umuhembure umutabare mubyo acamo abone kugira neza kwawe uko wari kera nubu niko uri mtiwahindutse kora nk’Imana yibuka ibyo yasezeranye kandi igasohoza ibyo yavuze mu izina rya Yesu Kristo Amen..
Niba ukunda Imana kandi uyizeye sema amen
Wibuke ukore share USANGIZE abandi iyi nkuru nziza
Umugisha utanga ube ku muntu wese ubikoze
Niba hari icyifuzo cg icyo WATUBAZA/wakoresha iyi nimero watsapp watuvugishaho +250788317934 (Irénée RUHOGO@BOHOKA TV)