
Irinde gusesagura, hera ku byihutirwa: Uko wakoresha neza umushahara wawe ukagera ku iterambere
Iyo uganiriye n’abantu bafite akazi kabahemba buri kwezi, usanga benshi bahuriye ku kuba amafaranga bahembwa ashira mu minsi itatu gusa nyuma yo guhembwa, ahanini bitewe n’amadeni menshi barimo. Ibi bibaho ku bahembwa umushahara muto ndetse (…)