U Rwanda ku isonga mu baririmbyi baririmbira mu matsinda agizwe n’umugabo n’umugore
U Rwanda rwihariye cyane ku bwiyongere bw’abahanzi ba Gospel baririmbira mu matsinda agizwe n’abagabo n’abagore. Winjiye mu isura nshya ya Gospel y’ubu, udushya ndetse n’aho Gospel yerekeza, usanga u Rwanda rwihariye cyane ku bwiyongere (…)