Rubavu: Yasanzwe mu nzu ye yapfuye nyuma y’iminsi 4 yaraburiwe irengero
Hari hashize iminsi igera kuri 4 umukobwa wo mu kigero cy’imyaka 26 atagaragara. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo yabonywe mu nzu yari acumbitsemo mu mudugudu wa Bugoyi, akagari ka Bugoyi, mu murenge wa Gisenyi aho basanze yarapfuye. Bivugwa ko yakoraga (…)