Urugo ni umushinga w’Imana: Urutonde rwa ba Shangazi 10 b’ibyamamare mu Rwanda
Mu bihe byahise cyari ikizira kikaziririzwa kujya ku karubanda ukavuga ibiganiro bijyanye n’imyororokere cyangwa ku mabanga y’abashakanye, ariko ubu abagore bafashe iya mbere bakajya ku maradio n’amateleviziyo hamwe n’imbuga nkoranyambaga. (…)