
Ibihugu 33 bifite abaturage bumva Bibiliya mu nkuru bakayibona mu nzozi gusa- Bamwe bicwa bazira kuyifatanwa
Kuwa 5 Ukwakira 2025, raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Bible Access Initiative, yerekana ko hari ibihugu hafi mirongo itatu na bitatu bifite inzitizi zikomeye cyane ku bijyanye no kubona Bibiliya, ibituma Abakiristu babarirwa muri (…)