Mu myaka itageze ku 100 habaye Jenoside 5 zikomeye abazikorewe bapfa bazi ko ari imperuka
Mu Rwanda no mu bindi bihugu habaye Jenoside zikomeye zatumye abazikorerwaga batekereza ko ari umunsi w’imperuka wahanuwe ubasohoreyeho. Bibiliya ivuga ibinyuranye n’ibyo ku mperuka, ariko izo Jenoside zikomeye zabaye mu myaka itageze ku ijana (…)