Bishop Aime Uwimana n’umuryango we
Umuramyi Aime Uwimana hamwe n’umuryango we [umugore we ndetse n’abana babo]. Iyi foto yagiye hanze kuwa Kane tariki 08/12/2022.
Umuramyi Aime Uwimana hamwe n’umuryango we [umugore we ndetse n’abana babo]. Iyi foto yagiye hanze kuwa Kane tariki 08/12/2022.
Abaramyi Papi Clever & Dorcas bakunzwe cyane muri iyi minsi, bafite amashimwe akomeye ku Mana yabanye nabo kuva barushinze kugeza uyu munsi wa none bizihiza isabukuru y’imyaka 3 y’urushako. Papi Clever na Dorcas basezeranye imbere y’Imana (…)
Umuhanzikazi Gikundiro Rehema witegura gukora ibitaramo bizenguruka Amerika, yanditse amagambo asize umunyu mu gushima umugabo we Ishimwe Claude, avuga uburyo ko umunyamahirwe kuba babana nk’umugabo n’umugore. Yanditse ku mbuga nkoranyambaga (…)
"Ni cyo gituma umugabo azasiga se na nyina akabana n’umugore we akaramata, bakaba umuntu umwe" Itangiriro 2:24. Ijambo ry’Imana risaba abiyemeje kurushinga kubana akaramata, gusa hari abo binanira bagatandukana. Froduard na Emerance bafite (…)
Ngarambe François-Xavier, umwalimu w’amahoro n’urukundo binyuze mu buhanzi, yandise ubutumwa bukomeye ku mbuga nkoranyambaga ze asaba abantu guha amahirwe amahoro anabibutsa indimbo ye "Naraye ndose neza". Mu butumwa yanyujije kuri Facebook, (…)
Umunyamakuru Ally Soudy w’izina rikomeye mu Rwanda wanafashije impano nyinshi zirimo n’iza Gospel, amaze imyaka 20 akundana na Carine Umwiza bafitanye abana batatu. Inkuru y’urukundo rwabo iraryoshye cyane, akaba ariyo mpamvu nifuje ko wayikuramo (…)
Mu masaha macye ashize ni bwo umwana wa Robert Kayanja na Jessica Kayanja, yambitse impeta y’urukundo umukobwa yihebeye bamaze igihe kinini bari mu buryohe bw’urukundo. Robert Kayanja Jr., umuhungu wa Pastor Robert Kayanja, yasangije (…)
Bosco Nshuti yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Tumushime Vanessa mu birori bibereye ijisho byabaye kuri uyu wa Gatandatu. Ni nyuma y’iminsi micye akoze igitaramo cy’amateka yise "Unconditional Love". Umuramyi Bosco Nshuti wamamaye mu (…)
Tumusiime Juliet, umunyamakuru wa Televiziyo Rwanda, uzwi cyane mu kiganiro cy’Iyobokamana cyitwa RTV Sunday Live gica kuri RTV buri ku cyumweru mu gitondo, yibarutse imfura. Paradise.rw yamenye amakuru ko Juliet Tumusiime n’umugabo we John (…)
Kuwa Gatandatu tariki 12 Ugushyingo 2022 ni bwo Bosco Nshuti yasabye anakwa umukunzi we Vanessa mu muhango uwabereye mu Karere ka Rubavu ku kibuga cy’indege. Paradise.rw iragufasha kwihera ijisho ubu bukwe. REBA UKO BYARI BIMEZE MU BUKWE BWA (…)
Emeline yavuze uburyo Yesu yahinduye ubuzima bwe, mu butumwa bwakoze ku mitima ya benshi Umunyarwandakazi Kwizera Emelyne uzwi cyane nka (…)