Abagize CEP UR Huye bo mu ADEPR n’abandi babyifuzaga basoje amahugurwa y’ikoranabuhanga
Umuryango w’Abanyeshuri bo mu Itorero rya ADEPR bakorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, CEP UR Huye, n’abandi bo mu yandi matorero, amadini n’abatagira aho babarizwa babyifuzaga, basoje amahugurwa y’ikoranabuhanga (…)