Abakristo b’i Kigali bakumbuye ububyutse baboneraga mu materaniro yo ku manywa ku Nkuru Nziza
Iyo uvuze itorero Inkuru Nziza mu mujyi wa Kigali, humvikana cyane amateraniro ya ku manywa yakunze kwitabirwa cyane n’abawutuye. Nyuma y’umwaka wi 1994 abanyarwanda bari bafite ibikomere byo ku mutima ndetse n’ihungabana kubera Jenoside (…)