Kunguka izindi Diyosezi, Gushyira Rugamba Cyprien n’umuryango we mu Abahire: Abepisikopi bo mu Rwanda mu kuganira na Papa
Buri myaka itanu Abepisikopi Gatolika mu bihugu byose ku Isi babona ubutumire bwa Papa, aho bajya guhura n’ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya i Roma bakaganira na Papa, n’izindi nzego zinyuranye zifasha Papa mu butumwa bwa Kiliziya ku isi. Ni muri (…)