Ibijyanye n’imyemerere ya Kiliziya Gatolika ku bapapa bapfuye: Ajya mu ijuru?
Mu buryo bwa Kiliziya Gatolika, Papa ni umuyobozi mukuru w’Abagatolika ku Isi, kandi agira umuhamagaro utangaje. Urupfu rwe, rushobora kwizerwa nk’inzira nziza imugeza aho agomba kuba. Iyo Papa apfuye, Abakristu bazirikana mu buryo bwihariye (…)