Abahanga b’Isi bari guca miliyoni 290 Frw bakabika umuntu wapfuye bakizeza kuzamuzura
Mu mujyi wa Berlin mu Budage, hatangijwe ikigo gitangiye guteza impaka ku isi yose: Tomorrow Bio, ni kompanyi ishaka gushyira imbere ubuhanga bushobora kuzatuma abantu bapfuye bazurwa mu gihe kizaza. Iki kigo gitanga serivisi yo kubika (…)