Divine Muntu yatangaje ibintu bikomeye byitezwe mu bukwe bwe bubura amasaha abarirwa ku ntoki
Ku itariki ya 10 Mutarama 2026, umuririmbyi ukizamuka mu njyana ya Gospel mu Rwanda, Divine Muntu, arashyingiranwa n’umukunzi we Uwizera Benjamin mu itorero. Ubu bukwe bwo mu itorero buje nyuma y’ibirori byo kumusezerera ku bukumi (Bridal (…)