Ntabwo nzongera kunywa inzoga ukundi - Dr Mbonimana weguye ku mwanya wa Depite
Dr Mbonimana Gamariel, wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, akaza kwegura ku mpamvu yise ize bwite, kuri ubu yatangaje ko atazongera kunywa inzoga ukundi. Dr Mbonimana yahoze ari Umwalimu muri Kaminuza mbere y’uko yinjira mu (…)