Ku isabukuru ye, Maombi wasimbutse urupfu yakiriwe muri AGT, ashima Imana mu isengesho rizariza benshi
Ku isabukuru ye, umuramyi Maombi Muhoza Honette yashimye Imana yamurinze akaba akiriho anazamura isengesho riteye ’emotions’. Ku itariki 27/10 ni bwo uyu muramyi kuri ubu uherereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yabonye izuba. Ubwo (…)