Ibiterane twagiye dukora byagize umusaruro ukomeye - Bishop Dr Fidele Masengo avuga kuri Africa Ignite Connection 2023
Harabura iminsi mike ngo igiterane kiba gitegerejwe n’abantu benshi cyiswe Africa Ignite Connection 2023 kibe. Ni igiterane gifatwa nka bimwe mu bikomeye cyane mu Rwanda. Biteganyijwe ko kizatangira kuwa mbere tariki 28/08/2023 gisozwe tariki ya (…)