Ukwezi kwa Mata: Igisobanuro, akamaro n’umwihariko w’uku kwezi mu Rwanda
Buri kwezi gufite umwihariko wako, haba ku rwego rw’isi cyangwa ku rwego rw’igihugu. Ukwezi kwa Mata (April) ni kimwe mu bihe bifite byinshi bivuze ku isi no mu Rwanda by’umwihariko. Iyi nkuru irasobanura icyo uku kwezi gusobanuye, ibyihariye (…)