Vestine na Dorcas banditse amateka muri Gospel buzuza miliyoni mu minsi 5 gusa kuri ’Yebo [Nitawale]’
Vestine na Dorcas baciye agahigo ko kuba abahanzikazi ba mbere bujuje miliyoni mu minsi itanu ku ndirimbo. Ku wa 5 Werurwe 2025, abahanzikazi bakomeye mu muziki wa Gospel mu Rwanda, Vestine na Dorcas, basohoye indirimbo yabo nshya yitwa Yebo (…)