Mu bintu udakwiriye kuvuga rimwe na rimwe harimo n’aho usengera – Menya ibyo ukwiriye kugira ibanga
Hari inintu uba udakwiriye kubwira umuntu uwo ari we wese, nubwo yaba ari umuganga cyangwa undi uwo ari we wese. Wenda ushobora kugira uwo ubibwira ariko na bwo wizeye bya nyabyo, ariko hari aho uba utemerewe kubibwira uwo ari we wese. (…)