Alpha Rwirangira uri kwitegura kugaruka i Kigali vuba yashyize hanze indirimbo yise Imani Yako
Alpha Rwirangira wamamaye mu ndirimbo nyinshi zakunzwe, umwe mu baramyi bazwi cyane mu ndirimbo zamamaza Ubutumwa Bwiza, yashyize hanze indirimbo yise Imani Yako mu gihe ari guteganya kuza mu Rwanda. Iyi ndirimbo Imani Yako (Ukwizera Kwawe) (…)