Abantu bane ukwiriye kubabarira kuri uyu munota
Mu buzima bwacu bwa buri munsi turahemukirwa, ariko Bibiliya ivuga ko natwe tugomba kubabarira buri munsi. Icyakora nubwo kubabarira abantu bamwe na bamwe bishobora kugorana, hari abantu bane ugomba kubabarira byanze bikunze. Birashoboka ko (…)