Perezida Kagame yatanze umwanzuro wa nyuma ku gufunga insengero zitujuje ibisabwa
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatanze umwanzuro wa nyuma ku ifungwa ry’insengero rikomeje guhangayikisha Abanyarwanda, yanzura ko izitujuje ibisabwa zigomba gufungwa koko. Perezida yabivuze kuri uyu wa 14 Kanama 2024, nyuma yo (…)