Perezida Paul Kagame yagabiye inka abahanzi bamutaramiye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeanette Kagame bakiriye abahanzi batuye mu Bugesera, by’umwihariko ab’ahitwa Karumuna, nk’uko yari yabibasezeranyije ku wa 6 Nyakanga 2024, ubwo yiyamamarizaga muri ako Karere. Aya (…)