Igihe kirageze ngo uve mu rukundo urimo niba rwujuje ibintu 5 muri 15 by’ingenzi
Urukundo ni rwiza kandi nta muntu utarugira. Bibiliya ivuga ko urukundo rudashira, bityo no kuva mu rukundo kuko ubona ko nta ho rugana na byo ni urukundo, kuko uba wirinda gukomeza kubabara no kubabaza uwo muri kumwe. Urukundo tugiye kuvugaho ni (…)