× Home Ministries Choirs Pastors Bible Entertainment Development Health Love Fashion Music

Jean D’Amour Habiyakare (Amourkare)

Umuganga w'amenyo avuga ko iyi ngeso yangiza amenyo yawe

Umuganga w’amenyo avuga ko iyi ngeso yangiza amenyo yawe

Amazi ni meza mu buzima bw’umuntu. Abahanga ku buzima babisobanuye mu buryo butandukanye kandi bahuriza hamwe. Ariko, kuyanywa nabi bigira ingaruka nyinshi. Kunywa amazi umunsi wose, nta gihe wabigeneye ni bibi ku menyo, nk’uko bivugwa (…)

Menya igihe amadini n'amatorero akomeye yagereye mu Rwanda

Menya igihe amadini n’amatorero akomeye yagereye mu Rwanda

Amadini ni kimwe mu bintu byitabirwa n’abantu hafi ya bose. Mu Rwanda harimo amadini n’amatorero menshi cyane kandi aracyakomeje kwiyongera. Gusa uko akomeza kugenda agira abayoboke benshi ni ko abayajemo nyuma bifuza kumenya amateka yayo. (…)

Ibyagufasha kubaho neza mu gihe wibana (uba muri Ghetto)

Ibyagufasha kubaho neza mu gihe wibana (uba muri Ghetto)

Ushobora kujya kwibana kubera amashuri ugiye gukomereza ahandi, kubera ko wabonye akazi kure, kubera ko wumva ukuze cyangwa kubera ko utabanye neza n’ababyeyi, abavandimwe bawe cyangwa abandi mubana, ukagenda kubera guhunga ibibazo wumva ko (…)

Inkuru Ikunzwe