Abanyamakuru n’abahanzi ba Gospel bakwiriye gufatwa nk’inkingi zikomeye z’igihugu bagashimirwa?
Kubera uruhare bagira mu gutuma abantu babana neza kurushaho, hari abemeza ko abanyamakuru n’abahanzi ba Gospel bakwiriye gufatwa nk’inzego zikomeye muri Leta kandi bakarindwa byihariye, bakabishimirwa, mu gihe abandi babafata nk’abantu basanzwe. (…)