Umuraperi MD yatangaje uko inzozi ze zabaye impamo ku bwo kwitabira igitaramo cya Lecrae i Kigali
Mugema Dieudonné uzwi nka MD, umwe mu baraperi bakorera umurimo w’Imana mu Rwanda, yagaragaje ibyishimo bye nyuma y’uko yitabiriye igitaramo cya mbere cy’icyamamare mpuzamahanga Lecrae cyabereye i Kigali. MD yavuze ko kubona uwo afata (…)