Perezida Trump yatangaje ko azajya mu ijuru naramuka abashije kunga Ukraine n’u Burusiya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko yizera ko ashobora “kujya mu ijuru” mu gihe yaba abaye umuhuza w’amahoro hagati y’u Burusiya na Ukraine. Ibi yabivugiye mu kiganiro kuri (…)