Karidinali Kambanda yashavujwe n’uko aho Yesu yavukiye nta Noheli bizihije, abarenga 20.000 barishwe
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda yatangaje ko bibabaje kuba i Betlehem, umujyi Yezu yavukiyemo, nta birori byo kwizihiza Noheli byabaye kubera intambara ibera muri Gaza. (…)