Richard Nick Ngendahayo yahishuye ko indirimbo ‘Si umuhemu’ yayanditse akiri umusirikare mu ngabo za RPA
"Iyo numvise umuntu warwanye urugamba rwo kubohora u Rwanda avuga nabi igihugu ndatangara!" Ayo ni amagambo ya Richard Nick Ngendahayo ubwo yakomozaga ku rugendo rwe mu rugamba yarwanye nk’umusirikare wa RPA. Richard Nick Ngendahayo (…)