Bishop Nzaramba woroye inka 100 yahishuye ko hari abamaze imyaka 10 muri Amerika badafite n’inkoko!
Gukura amaboko mu bifuka ugakora cyane niyo turufu yafashije Nzaramba gutera imbere, ubu akaba yoroye inka zirenga 100 mu gihe bamwe mu bo yasanze muri Amerika nta n’inkoko bafite. Alexis Nzaramba niyo mazina ye, gusa benshi bamuzi nka Bishop (…)