"Nzakujya imbere ahataringaniye mparinganize, nzamenagura inzugi z’imiringa, n’ibihindizo by’ibyuma nzabicamo kabiri. (Yesaya 45:2)". Satani ahora akwitambika imbere mu rugendo rwawe hano mu isi. Ariko umva uko Uwiteka avuze, akubwiye ko (…)
Umuzingo wa IV: Impande zitandukanye z’ijambo - Icyigisho cya #289. Urwandiko rwa Pawulo ku itorero ry’i Roma. Ubuntu n’amahoro bituruka ku Mana n’Umwami Yesu Kristo bibabeho. “Ntimuzi y’uko twese ababatirijwe muri Yesu Kristo, twabatirijwe (…)
Indirimbo za Israel Mbonyi zikomeje kuryohera benshi barimo na Miss Elsa Iradukunda wabaye Miss Rwanda 2017. Indirimbo "Yaratwimanye" ya Israel Mbonyi, yageze hanze tariki 13/09/2022, isohokana n’amashusho yayo meza cyane yafashwe mu buryo (…)
Mu buzima bwa buri munsi unyuramo, niwitegereza neza uzasanga hari Imana iri hejuru ya byose nk’uko bimeze kuri Tom Close. Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wibanda cyane ku ndirimbo z’urukundo akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe gutanga (…)
Nelson na Eunice barizihiza isabukuru yimyaka 5 y’urushako.
Pastor Rutwaza Rodrigue wo mu Itorero rya Zion Temple, yashyize hanze inyandiko y’ibitekerezo bye bwite n’ubusesenguzi ku ntambara y’u Burusiya muri Ukraine, agaragaza impamvu 6 zerekana ko ibiri kubera muri Ukraine biri gusura intambara ya (…)
"Imana yawe iri he?" Ni wo mutwe w’amagambo y’inyigisho ya Bishop Dr. Fidele Masengo kuri uyu wa 15 Ukwakira 2022. Yakomeje ati "Igitabo cya Esther ni kimwe mu bitabo bya Bibiliya bitavugwamo ijambo Imana". Bishop Dr. Fidele Masengo ati (…)
Kuva Manzi na Eunice bambikanye impeta y’urudashira, hashize imyaka 5. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Ukwakira, Manzi Nelson yasangije abamukurikira kuri Instagram, ifoto y’umuryango we (Manzi, Eunice n’umwana wabo), avuga ko (…)