Fabrice Munyaneza wibereye i Doha muri Qatar yakoze mu nganzo yibutsa abababaye ko bazaseka
Yesu araryoshye! Yitwa Fabrice Munyaneza, yavukiye mu Rwanda, gusa kuri ubu yibereye i Doha muri Qatar mu rwego rwo gushaka imali dore ko Imana ayigendana. Kuri ubu yasohoye indirimbo yise "Imirimo y’Imana" igaruka ku mashimwe aremereye (…)