Iby’ibanze wamenya mu myaka 44 ishize mu Rwanda hashinzwe Inama y’Abepisikopi Gatolika
Ku wa 6 Kamena 2024, imyaka 44 yari ishize mu Rwanda hashinzwe Umuryango Ushingiye ku Idini w’Inama y’Abepisikopi Gatolika nk’uko ubutumwa buri kuri X yabo bubigaragaza. Ku wa 6 Kamena 1980 kugera ku wa 6 Kamena 2024 harimo imyaka 44, iyo (…)