Bishop Harerimana uyobora Zeraphat Holy Church yafunguwe by’agateganyo atanga ingwate y’inzu ya Miliyoni 60 Frw
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we barekurwa by’agateganyo bagakurikiranwa bari hanze. Urukiko rwategetse ko bafungurwa batanze ingwate y’umutungo w’inzu ya miliyoni 60 Frw. (…)