Dr. Rusa na Archbishop Mbanda bavuga ko Amadini n’Amatorero bikwiye gushyirirwaho amategeko abigenga
Abasesengura iby’amategeko baravuga ko igihe kigeze ngo amadini n’amatorero bishyirirweho amategeko mashya mu rwego rwo kurengera abayoboke bayo, no gufasha leta kuyagenzura neza kurushaho. Ni nyuma y’uko Perezida wa Repubulika, abigarutseho (…)