Agakiza si uguhindura idini, ni impano uhabwa n’Imana iza nk’igikapu cyuzuyemo izindi mpano nyinshi
Niwatuza akanwa kawe y’uko Yesu ari Umwami, ukizera mu mutima wawe y’’uko Imana yamuzuye uzakizwa, Kuko ibyanditswe bivuga biti: "Umwizera wese ntazakorwa n’isoni". (Abaroma 10:9;11). Gukizwa ni umusaruro uturuka ku byo wizeye n’ibyo watura. (…)