Imyaka 30 y’Ubufasha: OEPESD TABARA mu gutegura ejo hazaza heza h’igihugu binyuze mu muryango mwiza
“Roho nziza itura mu mubiri muzima, kandi umuryango mwiza ni umusingi w’igihugu.” Iyi ni imwe mu nkingi z’imiyoborere n’indangagaciro zishingiye ku muryango wa OEPESD TABARA, washinzwe mu 1995 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ugamije (…)