Rhumba Gospel ikomeje kugira isura nshya binyuze muri David n’indirimbo ye “Nta yindi Mana"
Mu gihe hari injyana nyinshi zigezweho zikomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba muzika, bamwe mu bahanzi ba Gospel mu Rwanda bakomeje gushaka uburyo bwo gukora umuziki ufite umwimerere kandi ujyanye n’umuco nyafurika. Muri abo harimo David (…)