Rugamba Erneste atangiye 2026 asohora indirimbo nshya "Hari Imana" yuje ubutumwa bw’ihumure
Umuramyi Rugamba Erneste amaze kugaragaza ko afite imbaraga zo gukora cyane umuziki wa Gospel muri uyu mwaka wa 2026, kugira ngo ashimangire umuhamagaro wo kuririmbira Imana. Uyu muhanzi, Rugamba Erneste, ubarizwa muri Washington DC, aho (…)