“Uri Yo” yatugoyemo ukuntu ugereranyije n’izindi- Alicia na Germaine batangaje ibitazwi ku ndirimbo nshya!
Indirimbo “Uri Yo” ya Alicia na Germaine ni indirimbo idafite amabanga menshi ayihishe inyuma, ariko yuzuye imbaraga z’Imana, kandi bo ubwabo batangaje byinshi abantu batari bayiziho. Abakobwa babiri bakomoka i Rubavu, Alicia na Germaine, (…)