Umuramyi Esther Senga wateguje indirimbo "Ndema" akomeje kunyagirwa n’imvura y’imigisha
Nubiba amasaka mu murima ntiweze uzirinde gucika intege, hari igihe umurobyi anaga urushundura ibumoso ntagire icyo afata, nyamara ariko iyo Kristo abijemo biremera ndetse n’umuraga ukuzura. Esther Senga yakubera icyitegererezo. Kuri ubu uyu (…)