Pastor Rumenera umaze kugera mu bihugu 30 birimo USA, India n’u Burusiya yatangaje icyo u Rwanda rurusha amahanga yose
Pastor Willy Rumenera uyobora Teen Challenge Rwanda, umaze kugera mu bihugu 30 ku migabane itandukanye, avuga ko hari ibintu yasanze u Rwanda rurusha amahanga. Mu kiganiro na Paradise.rw Pastor Willy Rumenera yavuze ko amaze kugera mu bihugu (…)