Dr. Bishop Rugagi yemeje kugaruka mu Rwanda anakomoza ku kuhubaka urusengero n’ibikorwa by’iterambere
Dr. Bishop Rugagi Innocent yemeje ko agiye kuza mu Rwanda nk’uko Paradise.rw iherutse kubyandika mu minsi micye ishize. Nyuma y’iminsi myinshi abantu benshi bibaza aho aherereye, Umuyobozi mukuru w’Itorero Redeemed Gospel Church, Dr.Bishop (…)