Ubutumwa ngo Masera yahawe na Bikiramariya w’i Kibeho bukomeje gutuma benshi batuburirwa
Umwaka wa 2024 utangiranye udushya tudasanzwe ku bemera Bikiramariya nyina wa Jambo, by’umwihariko ku bavuga ko ari Bikiramariya w’i Kibeho haherereye mu Ntara y’Amajyepfo, akarere ka Nyaruguru, mu murenge wa Kibeho. Gusa, si muri uyu mwaka gusa (…)