Menya byinshi ku munsi mukuru w’Urwibutso rw’Urupfu rwa Yesu Abahamya ba Yehova bari kwitegura kwizihiza
Abahamya ba Yehova aho bari ku isi hose bari muri gahunda yo gutumira abantu mu munsi mukuru ngarukamwaka bagira w’Urwibutso rw’Urupfu rwa Yesu Kristo. Iki gikorwa kimaze ibyumweru bibiri, kikaba kizarangira mu cyumweru cya gatatu cyo (…)