× Home Ministries Choirs Pastors Bible Entertainment Development Health Love Fashion Music

Jean D’Amour Habiyakare (Amourkare)

Ragira intama zanjye: Igiterane cya RASA UR Huye cyagarutse

Ragira intama zanjye: Igiterane cya RASA UR Huye cyagarutse

RASA (Rwanda Anglicans Students Association) ni Umuryango w’Abanyeshuri b’Abangilikani basengera muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda, ishami rya Huye kuva mu mwaka wa 1997. Icyo gihe watangijwe n’abanyeshuri barindwi, nyuma yo kubona ko nta (…)

Igihe nyacyo cyo gushaka (Marriage) Bibiliya ibivugaho iki ?

Igihe nyacyo cyo gushaka (Marriage) Bibiliya ibivugaho iki ?

Buri munsi abantu bakora ubukwe. Mu bihugu byose, umusore n’inkumi bakundana bagera igihe bagashinga umuryango. Abenshi bashaka batujuje imyaka yagenwe n’igihugu cyabo. Ubu mu Rwanda, umuntu yemerewe gusezerana afite imyaka 21. Ese Bibiliya (…)

Umuganga w'amenyo avuga ko iyi ngeso yangiza amenyo yawe

Umuganga w’amenyo avuga ko iyi ngeso yangiza amenyo yawe

Amazi ni meza mu buzima bw’umuntu. Abahanga ku buzima babisobanuye mu buryo butandukanye kandi bahuriza hamwe. Ariko, kuyanywa nabi bigira ingaruka nyinshi. Kunywa amazi umunsi wose, nta gihe wabigeneye ni bibi ku menyo, nk’uko bivugwa (…)

Menya igihe amadini n'amatorero akomeye yagereye mu Rwanda

Menya igihe amadini n’amatorero akomeye yagereye mu Rwanda

Amadini ni kimwe mu bintu byitabirwa n’abantu hafi ya bose. Mu Rwanda harimo amadini n’amatorero menshi cyane kandi aracyakomeje kwiyongera. Gusa uko akomeza kugenda agira abayoboke benshi ni ko abayajemo nyuma bifuza kumenya amateka yayo. (…)

Inkuru Ikunzwe