Urupfu rwo mu minsi y’imperuka rutugeze habi: Umuturage wo kuri Base nyuma y’impanuka yahabereye
kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2023 habaye impanuka idasanzwe, ibitaro bya Nemba bikaba byatangaje ko yahitanye abantu babiri, umwe akaburirwa irengero abandi batatu bagashyirwa mu bitaro bya Nemba biherereye mu Murenge wa Nemba, (…)