Nigeze gukeka ko Imana inyanga - Shaffy ukina filime ahamya ko yabonye Imana n’amaso ye
Umugabo Rukundo Arnold wamenyekanye cyane mu mwuga wa sinema nka Shaffy muri filime "Ntaheza h’isi", yavuze ku rugendo yaciyemo mu buzima, no mu rugendo rwe rwa sinema rutamworoheye na gato akaba avugako n’ubu rutoroshye ariko afite icyizere. (…)