Ibikubiye mu Ibaruwa Ifunguye Tito Harerimana yandikiye Meddy bivugwa ko yirengagijwe
Umwe mu bakoreha imbuga nkoranyambaga ku izina rya Tito Hare (Tito Harerimana) ukurikirwa n’abagera hafi ku bihumbi ijana, yandikiye Meddy ibaruwa ifunguye nubwo bikomeje kuvugwa ko yirengagijwe. Ibaruwa ya Tito Harerimana igira iti: “Ku (…)