Israel Mbonyi ateruye umwana n’urugwiro rwinshi
Israel Mbonyi yagaragaye ateruye umwana n’urugwiro rwinshi, bahuriye mu bitaramo arimo gukorera muri Canada. Azabisoza yerekeza muri Australia.
Israel Mbonyi yagaragaye ateruye umwana n’urugwiro rwinshi, bahuriye mu bitaramo arimo gukorera muri Canada. Azabisoza yerekeza muri Australia.
Muri Gospel nyarwanda, iki cyumweru cyaranzwe n’ubwiyongere bw’indirimbo nshya zo kuramya no guhimbaza . Mu bo paradise.rw yaguhitiyemo harimo umuririmbyikazi w’Icyamamare mu Rwanda n’ahandi, Gaby Kamanzi, washize hanze indirimbo nshya yise (…)
Padiri Jean François Uwimana ukora umuziki uhimbaza Imana mu njyana zitandukanye zikundwa cyane n’abiganjemo urubyiruko zirimo Hiphop, Reggae n’Amapiyano, yatangaje byinshi ku muziki we no mu buzima busanzwe. Tariki 05 Ukwakira 2022 ni bwo (…)
Mu gihe habura uminsi umwe gusa ngo amarushanwa yo kuririmba ya Rise and Shine Telent Hunt (RSW Talent Hunt) atangire, ubuyobozi bwa Rise and Shine World Ministries buratangaza ko bugeze kure imyiteguro. Nyuma y’ubutumwa bwinshi bwateguje (…)
Umuramyi Adrien Misigaro yagaragaye ari kumwe n’abana be batatu aho bose bari bambaye imyenda isa, ibintu ubona ko bibereye ijisho.
Umuhanzi mu njyana ya Hiphop, Padiri Uwimana wari umaze iminsi irenga 20 mu Rwanda mu biruhuko, yamaze gusubira mu Budage muri gahunda z’amasomo ya Kaminuza. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 05 Ukwakira ni bwo Padiri Uwimana yafashe (…)
Mbonimpa Josue ni yo mazina ye ari ku indangamuntu ariko benshi bamuzi nka Bishop Josue, abandi bakamwita Dr. Josue ari nayo mazina y’ubuhanzi. Dr Josue ni umuganga w’umwuga wize Ikiganga muri INES Ruhengeli. Yari amaze igihe kinini ari (…)
Uwace Celine ni umunyempano mushya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, utanga icyizere cy’ejo heza mu muziki we. Celine Uwase asengera mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, akaba ari kuminuza muri ULK ishami rya Gisenyi. Mu (…)
Nyirandabasanze Eleda uzwi nka Sanze Eleda mu muziki, umuhanzikazi mushya ubarizwa mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, yadutangarije byinshi ku muziki we. Eleda ukora umuziki ku giti cye ndetse akanaririmba muri Korali yitwa (…)
Gahogo Choir izwi mu ndirimbo "Wanshiye iki" igiye kongera gusendereza umunezero imitima y’abakunzi bayo mu gitaramo yatumiyemo Papi Clever na (…)